Igorofa iriho igurumana |
Imyotsi yatwikiriye Nyabugogo yose |
Ndasaba abanyamakuru ba Shikama aho bari hose gutunganya inyandiko kuri iyi miriro iri mu Rwanda kuko bikabije. Abanyarwanda bagomba kumenya ukuri kuri iyi miriro.
Amakuru amaze kutugeraho mu kanya aravuga ko igorofa yahiye yari ifite imiryango12: hasi hari 6 no hejuru hari 6 ikaba ariyo yahiye. Nta bantu baguye muri uyu muriro ariko ngo hangirikiyemo byinshi cyane.
Amakuru amaze kutugeraho mu kanya aravuga ko igorofa yahiye yari ifite imiryango12: hasi hari 6 no hejuru hari 6 ikaba ariyo yahiye. Nta bantu baguye muri uyu muriro ariko ngo hangirikiyemo byinshi cyane.
Nkusi Yozefu
umuyobozi mukuru wa Shikama